Irebere amafoto atangaje ya Barack Obama kera ataraba Perezida wa Amerika #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Perezida Barack Obama wigeze kuba Umukuru w'igihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika, yavutse ku wa 01 Kanama mu 1961, amara ubwana bwe mu gace ka Honolulu aho nyina umubyara yari atuye akaniga.

Mu myaka yakurikiyeho nyina yaje gushaka undi mugabo, biba ngombwa ko Obama asanga se wabo muri Indonesia.

Obama amaze gukura ni bwo yongeye kugaruka muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yerekeza mu ishuri ry'amategeko rya Harvard, akomereza muri Occidental College mbere yo gusoreza amasomo muri University of Colombia.

Obama yatangiye urugendo rwa Politiki mu 1977, nyuma yo kwandika igitabo yise 'Dreams from my father.'

Muri 2008 ni bwo Barack Obama yatorewe kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika asimbuye George W. Bush, asimburwa na Donald Trump muri 2016 nyuma yo gusoza manda ze ebyiri.

Nyuma yaje gusohora memoire ye 'Dreams From My Father' mbere yuko atangira umwuga we wa politiki mu 1997.



Source : https://impanuro.rw/2020/11/14/irebere-amafoto-atangaje-ya-barack-obama-kera-ataraba-perezida-wa-amerika/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)