Umushoramari w’Umunyamerikakazi washinjwe kenshi kuba ihabara rya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Jennifer Arcuri yemeye ko yagiranye n’uyu mugabo umubano wihariye ubwo yari Umuyobozi w’Umujyi wa Londres.
source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/umugore-boris-johnson-ashinjwa-guhonga-amafaranga-y-igihugu-yemeye-ko-bagiranye