Umuziki ni kimwe mu bintu bikunzwe n'abantu benshi ku isi, kuko nibura 54% b'abatuye uyu mubumbe bumva umuziki. Umuhanzi ukora muzika, biba byiza iyo awaguriye i mahanga. Mu Rwanda hari abahanzi bari bafitanye Collabo n'abahanzi bo hanze y'u Rwanda b'ibyamamare ariko byahereye mu magambo.
Post a Comment
0Comments