Isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi i Burayi ryaraye rifunze ku wa 5 Ukwakira, ariko ku makipe yo muri Premier League ashobora gukomeza kugura no kugurisha hagati yayo n’ayo mu bindi byiciro byo hasi mu Bwongereza kugeza tariki ya 16 Ukwakira.
source https://igihe.com/imikino/football/article/partey-muri-arsenal-cavani-muri-man-united-uko-amakipe-yaguze-ku-munsi-wa-nyuma