Mu 2008, Leta y’u Rwanda yatangije umushinga wo kuvugurura ubuhinzi mu gihugu, maze ishyiraho gahunda yo guhuza ubutaka bugahingwaho igihingwa kimwe, hagamijwe kuzamura umusaruro wacyo ndetse no gukurura ishoramari mu buhinzi, byose bigamije guteza imbere Abanyarwanda barenga miliyoni ebyiri bakora ubuhinzi nk’akazi kabo ka buri munsi.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ni-iki-cyatumye-u-rwanda-rutagera-ku-ntego-yo-kwihaza-ku-musaruro-w-umuceri