Lil Wayne yatangaje ko ashyigikiye Donald Trump mu matora #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Lil Wayne yatangaje ko mu biganiro bagiranye harimo ibirebana n'amavugurura agomba gukorwa mu butabera, cyane ku birebana no gufunga abantu, ndetse na gahunda idasanzwe ya Donald Trump, ifitiye abirabura inyungu.

Lil Wayne yagize ati “Maze kugirana ikiganiro na Donald Trump, ku bijyanye n'ibyo amaze guhindura kugeza ubu mu butabera, kandi na gahunda ye izagirira abaturage akamaro. Yumvise ibyo twavuganye byose, kandi yavuze ko azakora uko ashoboye akabishyira mu bikorwa”.

Muri gahunda idasanzwe ya Donald Trump, harimo ko azatanga miliyari 500 z'amadorari ku baturage b'abirabura batishoboye, akazabaha ubuvuzi budahenze kandi bukwiye, ndetse agaha igishoro ku mishinga mito y'abirabura kugira ngo bizamure mu bukungu.




source https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-mahanga/article/lil-wayne-yatangaje-ko-ashyigikiye-donald-trump-mu-matora
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)