U Rwanda ruheruka gushyiraho Urwego rushinzwe Ubutasi ku Mari (Financial Intelligence Centre, FIC), ruhabwa intego nyamukuru zo gukora ubutasi ku mari hagamijwe kurwanya iyezandonke, gutera inkunga iterabwoba no gutera inkunga ikwirakwiza ry’intwaro za kirimbuzi kimwe n’ibyaha bifitanye isano na byo.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ibyo-wamenya-ku-rwego-rugiye-kujya-rutahura-iyezandonke-no-gutera-inkunga