U Rwanda rwateye intambwe igaragarira buri wese! Ni byinshi igihugu kimaze kugeraho mu ngeri zitandukanye z’ubuzima bwacyo kandi impinduka kuva ku muturage wo hasi kugera ku wo hejuru zirigaragaza.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ibintu-by-ingenzi-abanyarwanda-bashima-bihebuje-mu-nzego-zitandukanye