Abanyarwanda baba muri Australia banyomoje ibirego byavuzwe n’Umunyarwanda witwa Zihabamwe Noel, ushinja Leta y’u Rwanda kumutera ubwoba nyuma yo kwanga kuyibera maneko, bavuga ko ibyo birego nta gaciro bifite ko bigamije guharabika Leta y’u Rwanda gusa.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abanyarwanda-baba-muri-australia-banyomoje-mugenzi-wabo-uvuga-ko-yatotejwe-na