Abagore bo muri Amerika basigaye banywa inzoga kurusha ibindi bihe #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Impfu zishingiye ku nzoga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kwiyongera, aho ubu raporo nyinshi zigaragaza ko abagore aribo bari kunywa inzoga cyane kurusha abagabo ndetse ko uyu mubare wiyongereye cyane mu bihe bya Coronavirus.



Source : https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/abagore-bo-muri-amerika-basigaye-banywa-inzoga-kurusha-ibindi-bihe

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)