Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC) batangaje ko ikibazo cy’imicungire mibi y’umutugo w’Ikigo Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC, gikomeje kuba agatereranzamba kuva mu myaka ine ishize.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/wasac-ikomeje-gusiga-umugani-mu-gucunga-nabi-umutungo-ntizi-abayifitiye-imyenda