
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Mujyi wa Georgia hagiye kubakwa inzu zizatuzwamo imiryango y'abirabura gusa, ku butaka bungana na hegitari 39, aho bazaba bishyira bakizana nk'ubwoko butuye mu mudugudu wabwo.
Source : https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/usa-hagiye-kubakwa-umujyi-wahariwe-abirabura-gusa