Snowden ushinjwa kumena amabanga ya Amerika yemeye guhara arenga miliyoni 5$ #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Edward Snowden ukurikiranyweho ibyaha byo gushyira hanze amabanga y’ubutasi bwa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika, yemeye guhara amafaranga arenga miliyoni 5$ yakuye mu gitabo bivugwa ko yasohoye binyuranyije n’amategeko, n’imbwirwaruhame zitandukanye yagiye atanga.


source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/snowden-ushinjwa-kumena-amabanga-ya-amerika-yemeye-guhara-arenga-miliyoni-5
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)