Muri Slovania ku ivuko ry’umugore wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Melania Trump, batashye ikibumbano gishya cy’uyu mugore nyuma y’uko icyari gihari cyatwitswe ndetse kigasenywa.
source https://igihe.com/amakuru/utuntu-n-utundi/article/slovenia-hakozwe-ikubumbano-gishya-cya-melania-trump