Perezida Trump yongeye gushinjwa gusuzugura abagore #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye kwikomwa n'Abanyamerika kubera ibimenyetso by'ibiganza yakoze ubwo yabazwaga ku muntu uzasimbura Ruth Bader Ginsberg, witabye Imana, akaba yari umucamanza wo ku rwego rwo hejuru mu Rukiko rw'Ikirenga rwa Amerika.



Source : https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/trump-yongeye-gushinjwa-gusuzugura-abagore

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)