Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko aho aherukira ibibazo bivugwa muri Rayon Sports, yumvise harimo amakimbirane ariko kuri ubu yizeye ko byabonewe igisubizo nyuma y’uko abivuganyeho na Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa.
0Comments