Perezida Kagame yashimiye umutoza Arteta na ba nyiri Arsenal bayigaruye mu ruhando rwo guhatanira ibikombe #rwanda #RwOT
Author -
personwebrwanda
September 06, 2020
0
share
Perezida Paul Kagame asanga Arsenal iri kugaruka mu ruhando rwo guhatanira ibintu bikomeye birimo n’ibikombe nyuma y’uko ba nyirayo bari kugura abakinnyi batandukanye muri iyi mpeshyi ndetse ikaba iri no kwitwara neza mu kibuga.