Saa tatu n’iminota 30 nibwo Paul Rusesabagina yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kugira ngo atangire kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha birimo iby’iterabwoba akurikiranyweho.
source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/paul-rusesabagina-yitabye-urukiko-uko-iburanisha-riri-kugenda-amafoto