Lionel Messi yongeye gukinira FC Barcelone nyuma y’uko mu mpera z’ukwezi gushize yari yatangaje ko ashaka kuyivamo, ariko bikarangira yemeye kuzayikinira mu mwaka utaha w’imikino wa 2020/21.
source https://igihe.com/imikino/article/messi-yakinnye-umukino-wa-mbere-nyuma-yo-kwivumbura-osaka-yatwaye-us-open-la