Kenshi abanditsi b’indirimbo mu Rwanda ntabwo bahabwa umwanya wo kumenyekana nyamara baba bakoze bakoze akazi gakomeye mu ikorwa ry’indirimbo. Kinyoni ni izina ritazwi na benshi ariko yagize uruhare mu ikorwa ry’indirimbo zinyuranye akaba yaragize uruhare rutaziguye mu kwandika Kola ya The Ben.