Ibyihariye kuri White House, Perezidansi ya Amerika yanyuzemo ba Perezida basaga 40 #rwanda #RwOT
Author -
personwebrwanda
September 21, 2020
0
share
Ibiro bya Perezida ku Isi hose aba ari ahantu hakomeye, byakongera ko ari naho atuye bikaba akarusho. Ni inzu irindwa cyane, ihabwa agaciro haba ku bayibamo cyangwa abayigenderera.