Umunya-Nepal, Ang Rita Sherpa wamenyekanye cyane nyuma yo guca agahigo ko kuba umuntu wa mbere wuriye umusozi muremure ku Isi wa Everst inshuro 10, yitabye Imana kuri uyu wa 21 Nzeri azize uburwayi bw’ubwonko n’umwijima yari amaranye igihe.
source https://igihe.com/amakuru/utuntu-n-utundi/article/ang-rita-sherpa-waciye-agahigo-mu-kurira-umusozi-wa-everst-yapfuye