Amerika yahannye yihanukiriye Bensouda washakaga gutangiza iperereza ku basirikare bayo #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Leta Zunze ubumwe z’Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano umushinjacyaha w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, Fatou Bom Bensouda, nyuma y’uko yagiye agaragaza ko ashaka gukora iperereza ku byaha abasirikare b’iki gihugu bakoreye muri Afghanistan.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)