Umunyamakuru Andrew Mwenda yinjiye muri NUP yiyemeza guhatana na Bobi Wine mu matora ya Perezida #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Umunyamakuru wamenyakanye cyane muri Politiki ya Uganda akaba na nyir’igitangazamakuru cya The independent, Andrew Mwenda, yatangaje ko yinjiye mu ishyaka rya The National Unity Platform (NUP) ndetse anavuga ko yiteguye guhangana na Robert Kyagulanyi uzwi nka ‘Bobi Wine’ mu guhagararira iri shyaka mu matora y’umukuru w’igihugu.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)