Ubutumwa bwatambukijwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu bubika Chadwick Boseman wari umukinnyi w’ikirangirire muri sinema, bwaciye agahigo ku Isi ko kuba aribwo bwakunzwe cyangwa bwashyizweho “Likes” nyinshi kurusha ubundi bwose bwanditswe.
0Comments