U Rwanda rwatangaje ko u Burundi nta bushake bufite bwo kuzahura umubano w'ibihugu byombi #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Minisitiri Dr Biruta yabitangaje mu kiganiro n'abanyamakuru cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Kanama 2020, aho yavuze ko u Rwanda rwiteguye gukomeza kubana neza n'ibihugu byose birimo n'ibyo mu karere ruherereyemo.

Avuga ko ariko hari ibihugu birimo u Burundi bimaze kugaragaza ko nta bushake na mba bufite mu kuzahura umubano w'impande zombi.

Umuvugizi wa Guverinoma y'u Rwanda, Dr Biruta kandi yavuze ko ibiherutse gutangazwa na Perezida w'u Burundi ko u Rwanda rwafashe bugwate impunzi z'Abarundi bari mu Rwanda kuva za 2015, bitangaje uburyo u Burundi bwavuga ibi. Minisitiri Dr Biruta ubwo yari mu kiganiro n'abanyamakuru cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Kanama 2020

Inkuru irambuye ni mu kanya....



source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/3/article/U-Rwanda-rwatangaje-ko-u-Burundi-nta-bushake-bufite-bwo-kuzahura-umubano-w-ibihugu-byombi
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)