Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangiye kwandika abifuza kwinjira mu gisirikare ku rwego rw’aba-Ofisiye n’abasirikare bato, bikaba biri gukorerwa mu tugari twose tw’igihugu kuva tariki 7-16 Kanama 2020, hubahirijwe amabwiriza yo kwirinda Covid-19.