Perezida wa Tchad, Idriss Déby Itno yatangaje ko atigeze asaba guhabwa ipeti rya ‘Maréchal’ nkuko bamwe babikeka, ngo kuko iyo biza kuba gutyo aba yarabikoze mbere mu buryo bumworoheye.
Ntabwo nigeze nsaba kuba ‘Maréchal’: Perezida Idriss Déby Itno wa Tchad #rwanda #RwOT
August 16, 2020
0
Tags