Amazina yanjye ni Iratuzi Ana mfite imyaka 28, nyuma y’uko bagenzi banjye nabonye babikora bigakunda nanjye niyemeje kwifashisha uru rubuga kugira ngo nshake umukunzi. Ntuye muri USA muri State ya IDAHO nkaba mpamaze imyaka 7. Naje inaha nje kwiga, maze kurangiza amashuri mbona akazi, kuburyo ubu icyo nashyize imbere nukubanza gukorera amafaranga kuko numva nteganya ko nko mu myaka 9 iri imbere nzaba maze kubona amafaranga ahagije kuburyo nasubira iwacu mu ntara y’Amajyepfo nkajya gukorerayo imishinga itandukanye. Hagati aho rero ndashaka umukunzi, bikaba byambera byiza ari umuhungu warangije icyiciro cya kabiri cya kaminuza kuko aramutse aje inaha kumubonera akazi byanyorohera kandi byaba byiza abaye atarengeje imyaka 35, atari umusinzi kandi akunda akazi. Nzamufasha mu kumushakira ibyagombwa ndetse no kumushakira transport yamugeza inaha. Ubwo ibindi yakenera kumbaza twabiganiraho inbox.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
*
*
*
The post Nitwa Iratuzi Ana ntuye muri USA ndashaka umusore twakundana wakwemera kuhansanga tukabana. first appeared on UMWUNGERI.RW.
http://dlvr.it/Rfd9kW
Post a Comment
0Comments
