Itsinda rishinzwe kwamamaza Joe Biden, umukandida w’ishyaka ry’aba-Democrates, ryasubije mu mvugo ikarishye Perezida Donald Trump wavuze ko yumvise ko Kamala Harris uziyamamazanya na Biden yaba atujuje ibisabwa byo kuba Visi Perezida.
Itsinda rya Biden ryavuze kuri Trump wibaza ku nkomoko ya Kamala Harris, ribyita kwisuzuguza #rwanda #RwOT
August 15, 2020
0
Tags