Polisi y’u Rwanda yasabye abazajya bakora ingendo z'indege nyuma ya saa tatu z'ijoro ko guhera kuri uyu wa 3 Kanama bazajya bamenyekanisha gahunda zabo banyuze ku rubuga www.mc.gov.rw.
Ibisabwa ku bazajya bakora ingendo z’indege nyuma ya saa tatu z’ijoro #rwanda #RwOT
August 02, 2020
0
Tags