AU yahagaritse Mali mu bikorwa byayo nyuma y’ihirikwa rya Perezida Ibrahim Boubacar Keita #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wahagaritse Mali nk’umunyamuryango wayo, nyuma y’uko abasirikare bigumuye bataye muri yombi Perezida Ibrahim Boubacar Keita ndetse agahirikwa ku butegetsi.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)