Abacamanza ba Uganda bashyiriweho ibihano na Amerika kubera ubujura bw’abana #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n'Amahanga, Mike Pompeo, yatangaje ko abacamanza babiri n’abanyamategeko babiri ba Uganda bafatiwe ibihano mpuzamahanga, nyuma yo kugaragarwaho amanyanga yatumye bagurisha abana imiryango yabo itabyemeye.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)