Imyaka 26 ishize yaranzwe n’umuvuduko udasanzwe w’iterambere ridaheza kuri bose. Kuri ubu intambwe u Rwanda rwateye ivugwa na benshi barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga ndetse n’ab’ibyiciro bitandukanye kuva ku bana bato kugera ku basheshe akanguhe ku Banyarwanda n’ishema bakesha ubuyobozi bwiza.