Niwe muhanzikazi mu Rwanda umaze kuryamana n’abagabo benshi – Visha keiz #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuhanzikazi visha keiz yatangajeko atibuka umubare w’abagabo baryamanye ahishura uko yahuye na sheebah.

Uwayezu slyvie Ni umuhanzikazi nyarwanda umaze kumenyerwa ku izina rya visha keiz akaba yaratangiriye muzika yiwe mu gihugu cy’ubugande nkuko abitangaza.

Visha keiz warumaze igihe cyinini mu bugande yatangarije kj tv Rwanda ko yahuriyeyo n’ubuzima bwiza ubwo yakoraga muri hoteli yatangagamo serivce yo gukora massage Ari naho Abagabo batangiye kumukunda kakahava.

Yakomeje asobanurako atibuka umubare w’abagabo baryamanye kuko Ari benshi nubwo byaje kumuhira akaniguriramo n’imodoka ye bwite.

Visha keiz waje guhura na sheebah karungi akamugira inama muri muzika Ari nawe wamugiriye inama yo kwiyita visha keiz izina ryuzuzwa n’iryumuhanzi w’umunyamerica Alicia keys.

Reba hano ikiganiro yagiranye na kj tv.

Visha keiz umaze kugira indirimbo zigera ku munani harimo nka never give up,kunkyunyanga,sinzaguhinduka ndetse nindi nshyashya yise addicted. Yahishuyeko yemera umuhanzikazi Marina nkumwe mubafite ubuhanga buhanitse mu miririmbire ye.

Reba hano indirimbo never give up



source https://www.hillywood.rw/?p=74467
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)