Rutahizamu w’umurundi uherutse gusinyira Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri, Arsène Nihoreho, ashobora gusohoka muri iyi kipe atayikiniye umukino n’umwe nyuma yo kwifuzwa bikomeye n’amakipe akomeye yo muri Zambia kandi yiteguye kumutangaho agatubutse.
source https://rss.app/articles/862477a63bc37168a61ec4e0d85a68cbec5bb94447b309664e1fc4e5065d95d11ce3c1138b6222abde34b39e9d1604b35243bb4bd4c0d3e64ea44bf038747ba951e72cdc4acda62e717ed3cd2ec5896fbeb76fe3efbf5acb6712b951e74f4a931645aae2e0029f77ad71d50a70ced51efab24d51bb2340c004a3ff6fdb375a31a050a5