Isabelle arashaka umuhungu bakundana bagafatanya urugendo rw’ubuzima. #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Buri gihe kigendana n’ibyacyo kandi buri muntu aba afite uko yumva ibintu bitandukanye n’undi. Nitwa Gatera Umuhoza Isabelle mfite imyaka 30 njye mbere numvaga ko amafaranga ari byose, numvaga ko amafaranga azampa ibyo nifuza byose. Abantu bavuga ngo amafaranga ntatanga umunezero numvaga ari abasazi kuko kubwanjye natekerezaga ko biterwa nuko aba ari make, nah’ubundi nkumva ko umuntu aramutse afite amafaranga menshi cyane afite imitungo myinshi cyane hirya no hino ku isi byatuma anezerwa. Gusa naje gusanga naribeshye, ariko nanone ndacyafite igarururiro kuko mbifata nkaho byari igihe cyabyo.

Amafaranga mvuze ko kuyabona bitampaye umunezero sinaba mbeshye cyakoze wenda byaranshimishije ariko ibyishimo yampaye sibyo nari niteze Nirutse ku mafaranga cyane, numvaga muri iyi si ntakintu na kimwe kiyarusha agaciro, nyirukaho igihe kinini, nyirukaho n’umutima wanjye wose, nyirukaho nziko ninyabona nzanezerwa nkamera nkugeze muri paradizo. Nyakunda nta buryarya, numvaga ko ninyabona abasore bazankunda cyane bakajya banyirukaho, ariko siko byagenze kuko amafaranga maze kuyabona sinongeye kubona umwanya wo kwita ku nshuti zanjye, sinongeye kubona umwanya uhagije wo gusabana n’ababyeyi banjye, amafaranga ntiyampaye byose, ntiyampaye urukundo ahubwo yatumye urukundo rumpunga, ubu rero nicyo gihe ngo niruke k’urukundo.

Ndashaka umusore twakundana tugafatanya urugendo rw’ubuzima. Umusore ufite urukundo rw’ukuri kuburyo azamfasha kwisubiza imyaka nataye ntafite umukunzi. Ndifuza umusore wabasha kumpa umunezero, akankunda by’ukuri ntangingimira kuko nanjye niteguye kumukunda. Nzamukunda cyane, nzamuha umwanya wanjye wose, nzakora ibishoboka byose munezeze. Urukundo nakundaga amafaranga rwose nzarumuha ndetse ndurenze, mu maso yanjye ntakintu na kimwe kizamurusha agaciro kuko nzamurutisha byose. Anyandikire inbox.

Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.



source https://www.imbere.com/isabelle-arashaka-umuhungu-bakundana-bagafatanya-urugendo-rwubuzima/
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)