Umuganga w’Inzobere mu Buvuzi bw’amenyo muri Baho International Hospital, Dr Anamali Roger, yavuze ko umuntu urwaye amenyo adakwiye kumva ko ajya kwa muganga gusa ngo bayakure, ahubwo hari ubuvuzi bukorwa iryinyo rikaguma mu kanwa kandi rikora neza.
0Comments