APR FC ni ikipe nziza buri mukinnyi yakwifuza gukinamo- Bizimana Yannick #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Uwari rutahizamu wa Rayon Sports, Bizimana Yannick, yavuze ko yishimiye kuba umukinnyi wa APR FC kuko ari ikipe nziza buri wese yakwifuza gukinira.


Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)