Isura nshya ya Kigali: Ku Kimihurura hagiye kubakwa inyubako zizahindura umujyi #rwanda #RwOT

webrwanda
0
Umunsi ku wundi Kigali iri guhindura isura ndetse birarushaho gufata indi ntera kubera ibikorwaremezo bigezweho biri kubakwa. Ubu ku Kimihurura ahazwi nka Minijust ni ahandi hatahiwe hagiye guhinduka burundu kuko inyubako zose zihari uhereye ku Rukiko rw’Ikirenga n’ahakorera Minisiteri y’Ubutabera, zose zigiye gusenywa hubakwe inzu z’akataraboneka zizaba zirimo buri kimwe cyose umuntu yakenera.


source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/isura-nshya-ya-kigali-ku-kimihurura-hagiye-kubakwa-inyubako-zizahindura-umujyi
Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)