Mu minsi ishize ku bitaro bya Gitwe habonetse imibiri 10 y'abantu bikekwa ko bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi.
Umuvugizi w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB), Umuhoza Marie Michelle, yemeje ko abo bantu bafunzwe ndetse ko bakurikiranyweho guhisha amakuru kuri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Kuva mu cyumweru gishize inyuma y'ibi bitaro hari icyobo kiri gushakishwamo imibiri bikekwako ari iy'abishwe mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi.
source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/article/Barindwi-barimo-umuyobozi-w-Ibitaro-bya-Gitwe-batawe-muri-yombi-nyuma-y-uko-habonetse-imibiri-y-abishwe-muri-Jenoside-yakorewe-abatutsi