Ministiri w'intebe w'ubutaliyani Gorgia Meloni yiyamye u Bufaransa n'uburayi bukandamiza Afurika #Rwanda #RwOT

webrwanda
0



Mu Ijambo yagejeje kuri televiziyo y'ubutaliyani ministri w'intebe w'icyo gihugu yagarutse ku kuba umuti w'ikibazo cy'afurika si ukuvana abayituye mubyabo babajyana mu burayi ahubwo umuti ari ukubaha ubwisanzure bwo gutera imbere bakareka gukandamizwa n'ibihugu by'uburayi arimo n'ubufaransa.Yatanze urugero rwa Burkina faso mu magambo ye avuga ati :

"Uyu mwana (yerekana ifoto ry'umwana uri gucukura amabuye y'agaciro muri burkina faso) Acukura amabuye y'agaciro muri Burkina faso, igihugu kiri mu bikenye cyane ku isi. Kandi icyo gihugu (burkina faso) kiracya capirwa amafaranga yayo n'ubufaransa (FCFA) bivuze ku 50% ku ijana y'ibyo burkina faso yohereza mu mahanga byose by'injira mu isanduku rya leta y'ubufaransa, umuti w'ikibazo cya afurika si ukuzana abanyafurika mu burayi ahubwo ni ugukumira aba nyaburayi bamwe na bamwe bakandamiza uwo mugabane, bakuwureka ukitezimbere mu bukungu uturutse mu mitungo kamere warwo"

Amaze kuvuga iryo jambo, yakomewe amashyi menshi cyane nabari bamukurikiriye, gusa ibinaymakuru byinshi byo kuri iyi si bikomeje kumwibasira bimwita umuheza nguni.

Soure : Sky News Australia

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)