Umukobwa witwa Esther wo muri Nigeria yagaragaye mu mashusho avuga ko afite imigambi yo gutera Virusi Itera SIDA abagabo benshi bashoboka, nyuma yo kuyandura.
Esther yavuze ko yasanze yaranduye, ariko aho kugira ngo afate imiti igabanya ubukana yavuze ko afite gahunda yo kwanduza umugabo wese bazaryamana mu gihe akiriho.
Â