Ibyamamare birimo Kylie na Ariana Grande byizihije Umunsi w'Isi byambaye bikini - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ku wa 22 Mata 2022, ibyamamare bitandukanye byizihije uyu Munsi Wahariwe Umubumbe w'Isi (Earth Day) byambaye imyambaro yo ku mazi izwi nka bikini.

Buri mwaka hizihizwa umunsi wahariwe isi, mu rwego rwo gukomeza kurushaho kubungabunga ibidukikije. Uyu munsi watangiye kwizihizwa kuwa 22 Mata 1970.
N'ubwo uyu munsi ari wo wahariwe umubumbe wacu, abatuye isi tugirwa inama yo guhora tubungabunga ibidukikije, bitari iby'uyu munsi mukuru gusa.

Kuri uyu munsi, ibyamamare bitandukanye birimo Ariana Grande, Kendall, Kylie n'abandi bifatanyije n'isi yose mu kwizihiza uyu munsi bambaye bikini z'icyatsi.

 



Source : https://yegob.rw/ibyamamare-birimo-kylie-na-ariana-grande-byizihije-umunsi-wisi-byambaye-bikini/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)