Haruna Niyonzima yashimiwe na FERWAFA imuha impano (AMAFOTO) #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mali yatsinze u Rwanda mu mukino w'umunsi wa 5 w'itsinda E mu gushaka itike y'igikombe cy'Isi cya 2022 kizabera muri Qatar, rukomeza kuba urwa nyuma mu itsinda.

Ni umukino wabereye kuri Stade Regional i Nyamirambo. Ni umukino utari ufite icyo uvuze uretse ishema ry'igihugu kuko itike yo bamaze kuyibura.

U Rwanda ntirworohewe n'uyu mukino kuko Mali yayirushije cyane.

Hakiri kare ku munota wa 9, Bizimana Djihad yaje guhabwa ikarita itukura ku ikosa yakoreye Adama Traore inyuma gato y'urubuga rw'amahina, ni nyuma yo kwisanga ari we wenyine basigaranye, batanze kufura itagize icyo itanga.

Ku munota wa 19, Mali yabonye igitego cya mbere gitsinzwe na Mpussa Djenepo ku ishoti yatereye inyuma y'urubuga rw'amahina.

Nyuma y'imino 2 gusa, Ibrahima Kone yatsindiye Mali igitego cya kabiri ku makosa y'umunyezamu Emery Mvuyekure watanze umupira nabi akawumwihera.

Muri iki gice cya mbere Mali yarushije cyane u Rwanda rutabonye amahirwe menshi uretse ishoti rya Kevin n'umutwe wa Sugira byose umunyezamu yafashe. Igice cya mbere cyarangiye ari 2-0.

Imikino 105 niyo amaze gukina
Care irimo amafoto ye
Ifoto iri muri cadre



Source : http://isimbi.rw/siporo/article/haruna-niyonzima-yashimiwe-na-ferwafa-imuha-impano-amafoto

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)