Ntibisanzwe, umunyezamu w' imyaka 88 ari kurwanira n' abazukuru be kubanza mu kibuga #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Alan Camsell nubwo afite imyaka 88 y' amavuko aracyakina mubkubuga kuko akigirirwa icyizere mu ikipe ya Bay Stollers FC mu majyaruguru ya Wales.

Uyu munyezamu ubu arimo gukina hamwe n'abuzukuru ba bagenzi be bakinana muri iyi kipe ifite icyicaro i Llandudno.

Camsell yemeye ko akina mu rwego rwo kwishimisha gusa umupira hari igihe umucaho byoroshye nubwo hari iyo agerageza gukuramo.

Camsell yagize ati 'Kuwa Gatandatu ndababara, ariko ku wa gatanu ndabyishimira cyane. Mperuka kubona ko ndimo kugenda buhoro, umupira urandenga nkiri kujya hasi. None iki? Birashimishije gusa.'



Source : https://impanuro.rw/2021/10/03/ntibisanzwe-umunyezamu-w-imyaka-88-ari-kurwanira-n-abazukuru-be-kubanza-mu-kibuga/

Tags

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)