Umukobwa w' imyaka 19 yatunguye abantu benshi cyane ubwo yavugaga ko azakora ubukwe amaze kuryamana n' abagabo barenga ijana , amakuru avuga ko uyu mukobwa yakoraga umwuga w' uburaya.
Nyamukobwa yavuze ko akiri muto cyane ku buryo atatekereza kurushinga kuko ngo atararyamana n'abagabo bahagije.
Ati:Â 'Kuri ubu ndi muto cyane ku buryo ntashobora gutekereza ku ishyingirwa, mfite imyaka 19 gusa. Ndashaka gukora ubucuruzi bwa Asha.wo (gusambana) kugeza ubwo igituba cyanjye kijya mu kiruhuko cy'izabukuru. Ningera ku myaka 20 nibwo nzareba iby'ubukwe kandi icyo gihe uzanshaka ntibizamworohera kundongora. Ntazashobora kunyuza cyane cyane bitewe n'ubunararibonye bwanjye bwose navanye mu mwuga wo kwicuruza (bucuruzi bwa Asha.wo. )'.
Ikindi kandi birashoboka ko uyu mukobwa ukomoka muri Nigeria yaba yatanze ibi bitekerezo bye byose nk'urwenya, ariko ikigaragara nuko imyitwarire ye yerekana neza ko ari mubucuruzi bwa asha.wo.
Ijambo 'ashawo' ni imvugo y'imihando yo muri Nigeriya isobanura gusa 'Indaya', ukora umwuga wo kwicuruza.