Kumara igihe nta ndirimbo ye nshya ijya hanze byatumye atangira kwibazwaho na benshi mu bakurikira ibikorwa bye.
Uyu musore uri mubatangiye umuziki kera, ndetse akaba n'umwe mu bafite abakunzi batari bake mu Rwanda no mu mahanga, yaganiriye na KT Radio, avuga byinshi ku buzima bwe no ku muziki akora by'umwihariko.
Bikurikire muri iki kiganiro:
source : https://ift.tt/3z5pocj