Muraho, nakundanye n'umutipe ariko twahoraga dushwana tugatandukana tukongera tugasubirana, noneho twageze aho turabana ubu tumaranye umwaka n'igice ariko mwabantu mwe mpora mbabaye kuburyo hari igihe mba numva nakwiyahura, kuba ntwite yahoraga ambwira nabi cyane kugeza nubu niyo mubwiye akantu keza ahora ambwira nabi, urugo rwacu ruhoramo umunabi peâ¦.ndamukunda cyane kuburyo natekereje kumuta nkagenda ariko umutima wananiwe kuhavaâ¦..ese ubwo nkore iki koko?ndamukunda cyane,ese niyahure? Nkore iki?
Source : https://yegob.rw/mwumve-ikibazo-mfitanye-numugabo-wanjye-ndaremerewe-pe-ese-niyahure-mungire-inama/