Bihinduye isura:Uyu mubikira ahuye n'akaga gatunguranye|menya icyo azize. – YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Uyu mubikira  yafashwe  yarenze ku mabwiriza yo kwirinda koronavirusi nyuma yo kwakira abantu benshi bari bagiye gukora imihango yo kwiyakira y' ubukwe.

Uyu wihaye Imana yatangarije Isibo Tv ko aba bantu bari babasabye ko babafasha bagatekera abantu 50 ,gusa ngo ntibabasobanuriye ko ari ibijyanye n'ubukwe ,barabikora nuko polisi  iraza ibafata nk'abarenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Koronavirusi .

Ati:'badusabye ko dutekera abantu 50,ntibatubwiye ko ari reception yubukwe, twabonye ko ari benshi ,dushaka aho tubakirira nuko polisi iraza iradufata,twakiriye abantu tuzi ko ari group isanzwe tutazi ko ari ubukwe . byaduhaye isomo ntituzabisubira'.

Leave your vote

Comments

0 comments



Source : https://yegob.rw/bihinduye-isurauyu-mubikira-ahuye-nakaga-gatunguranyemenya-icyo-azize/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)